🚦 Imyitozo 3 (Ibibazo 10 - Amahitamo)

1. Igihe umuyobozi w'ikinyabiziga atwaye mu muhanda urombereje w'ibice byinshi agomba kugendera mu kihe gice cy'umuhanda?




2. Telephone ngendanwa ntigomba gukoreshwa:




3. Gutwara uzungazunga mu muhanda:




4. Niki muribi wakwirinda kubona uburyo bwo kunyuranaho?




5. Mu gihe umuntu ufite ubumuga bwo kutabona yambuka umuhanda yitwaje inkoni yera y'abatabona:




6. Mu gihe utwaye ikinyabiziga n'ijoro ucanye amatara maremare ugahura n'ikindi kinyabiziga giturutse mukindi cyerekezo:




7. Kuki abanyamaguru batemerewe kwambuka umuhanda mw'ikoni cyangwa hafi y'imodoka ihageze?




8. Uretse igihe hari amategeko yihariye akurikizwa muri ako karere cyangwa imitunganyirize bwite y'aho, ikinyabiziga cyose cyangwa inyamaswa ihageze umwanya muto cyangwa munini igomba kuba iri aha hakurikira:




9. Ibimenyetso bimurika byerekana uburyo bwo kugendera mu muhanda kw'ibinyabiziga bishyirwa iburyo bw'umuhanda. Ariko bishobora no gushyirwa ibumoso cyangwa hejuru y'umuhanda:




10. Gutwara ikinyabiziga wasinze:




⬅️ Garuka ahabanza